Kwibuka30: Min. Dr Bizimana yagaragaje ibyaranze politiki yo gufata Umututsi nk’Inyangarwanda
Kuri uyu wa 19 Gicurasi 2024, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damasce yifatanyije n'abaturage b'Akarere ka Ruhango mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, ku Rwibutso rwa Mayunzwe ruri mu Murenge wa Mbuye.
Yatanze ikiganiro cyagaragaje imiterere ya politiki y'irondabwoko ryinjijwe mu nzego zose z'imitegekere y'Igihugu, abaturage bamenyerezwa ingengabitekerezo yo gufata Umututsi ko ari inyangarwanda, n'abategetsi bagahabwa amabwiriza yo kuyikwiza mu baturage.
Yerekanye uburyo itangazamakuru rya Leta na Kinyamateka byakwije iyo ngengabitekerezo hagati ya 1990 na 1993 ndetse n'ikoreshwa ry'urubyiruko rwigishwa irondabwoko ryagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, yakozwe hifashishijwe urubyiruko.
Yasabye abaturage kuba maso bakareba ibyiza bya politiki yubaka ishema rya buri Munyarwanda kandi itanga icyizere cy'ejo hazaza heza, bityo twese tugashyira hamwe mu kubaka u Rwanda ruzira ubugome, urwango n'ingengabitekerezo ya jenoside yaranze Hutu Pawa ikoreka Igihugu.
Kanda hano urebe ikiganiro kirambuye mu buryo bw’amashusho: https://www.youtube.com/watch?v=Bg5TbgvmXlU
On 25 November 2025, Permanent Secretary Eric Mahoro joined stakeholders to reflect on the results of the “Reinforcing Community Capacity for Social…
Ku wa 18 Gicurasi 2025, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene yifatanyije n’abaturage b’Uturere twa Nyabihu na Rubavu mu Kwibuka ku nshuro ya 31…
Ku wa 17 Gicurasi 2025, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene n’abandi bayobozi, bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Rulindo, mu gikorwa cyo Kwibuka…
Ku wa 15 Gicurasi 2025, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene yitabiriye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi cyateguwe…
Ku wa 3 Gicurasi 2025, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene n’abandi bayobozi, bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Nyamagabe mu Kwibuka ku nshuro ya…
The Executive Director of the Memory and Genocide Prevention Department, Veneranda Ingabire, delivered a keynote address at the 31st commemoration of…
Ku wa 27 Mata 2025, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene yifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Nyanza mu Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe…
Ku wa 26 Mata 2025, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene n’abandi bayobozi, bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Kamonyi mu Kwibuka ku nshuro ya 31…
Ku wa 25 Mata 2025, muri Intare Conference Arena habereye ihuriro ry’Urubyiruko rizwi nk’Igihango cy’Urungano, rigamije kwibuka urubyiruko rwazize…