Igihango cy’Urungano: Hibutswe urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Kuri uyu wa 8 Kamena 2024, habayeho igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 urubyiruko rwaize Jenoside yakorewe Abatutsi cyiswe “Ihuriro ry’Urungano, Igihango cy’Urungano.”
Mu ijambo rye, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene yaganirije urubyiruko yifashishije amateka y’isenyuka ry’Ubumwe bw’Abanyarwanda binyuze mu nyigisho n’imigirire y’abakoloni n’abayobozi ba Kiliziya Gatolika.
Yagaragaje uburyo abategetsi ba Repubulika ya Mbere n’iya Kabiri bananiwe gukosora inyigisho mbi zitanya Abanyarwanda, bakubaka urwango rw’Abatutsi n’ababashyigikiye mu nzego zose z’ubuzima bw’Igihugu kugeza kuri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994.
Yibukije ko ivuka rya RPF-Inkotanyi ryari rigamije guca urwango mu #Rwanda no kongera kubanisha Abanyarwanda bakongera kuba umwe. Yashoje abasaba gukomeza kwirinda inyigisho z’urwango kuko ziganisha ku gusenya Igihugu nk’uko amateka abitwereka.
On 25 November 2025, Permanent Secretary Eric Mahoro joined stakeholders to reflect on the results of the “Reinforcing Community Capacity for Social…
Ku wa 18 Gicurasi 2025, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene yifatanyije n’abaturage b’Uturere twa Nyabihu na Rubavu mu Kwibuka ku nshuro ya 31…
Ku wa 17 Gicurasi 2025, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene n’abandi bayobozi, bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Rulindo, mu gikorwa cyo Kwibuka…
Ku wa 15 Gicurasi 2025, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene yitabiriye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi cyateguwe…
Ku wa 3 Gicurasi 2025, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene n’abandi bayobozi, bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Nyamagabe mu Kwibuka ku nshuro ya…
The Executive Director of the Memory and Genocide Prevention Department, Veneranda Ingabire, delivered a keynote address at the 31st commemoration of…
Ku wa 27 Mata 2025, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene yifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Nyanza mu Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe…
Ku wa 26 Mata 2025, Minisitiri Dr Bizimana Jean Damascene n’abandi bayobozi, bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Kamonyi mu Kwibuka ku nshuro ya 31…
Ku wa 25 Mata 2025, muri Intare Conference Arena habereye ihuriro ry’Urubyiruko rizwi nk’Igihango cy’Urungano, rigamije kwibuka urubyiruko rwazize…